Christian Eriksen na Inter Millan baseshe amasezerano mu bwumvikane
Umunya-Danemark Christian Eriksen yatandukanye n’ikipe ye Inter Millan yo mu Butaliyani nyuma yo gusesa amasezerano n’iyi kipe ku bwumvikane.
Ethiopia-Tigray: Abanyamakuru bafuzwe bazira kurenga ku mategeko y’ibihe by’intambara
Abanyamakuru batatu bafunzwe bashinjwa guha urubuga umutwe leta ya Ethiopia ivuga ko ari uw'iterabwoba, bijyendanye n'amategeko yo mu bihe by'intambara yashyizweho mu...
Ligue des Champions: Manchester United yahinduriwe ikipe muri Tombora yasubiwemo
Nyuma y’uko tombola ya mbere y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions yabayemo amakosa, yaje gusubirwamo isiga Manchester United izahura na...
Pakistani: Umutwe urwanya leta warashe ku modoka Polisi hapfa umuntu umwe
Abategetsi bo mu ntara ya Khyber Pakhtunkhwa iri hafi n'umupaka wa Pakistani na Afhganistani batangaje ko umutwe w'abarwanyi muri iki Gihugu warashe...
Cameroon: Samuel Eto’o yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru
Samuel Eto’o wahoze akinira ikipe y’Igihugu ya Cameroun n’amakipe atandukanye ku mugabane w’Iburayi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu (FECAFOOT),...
Ralf Rangnick asaba ubuyobozi bwa Man utd kugura umukinnyi wo hagati mu kibuga
Umutoza mushya wa Manschester Untide ,Ralf Rangnick, yabwiye ubuyobozi bw’iyi kipe ko hakenewe umukinyi wo kongera imbaraga mu bakina hatati ba Machester...
Cameroon: Amakimbirane hagati y’abahinzi n’aborozi akomeje gutwara ubuzima bwa benshi
Abayobozi mu Majyaruguru ya Cameroon batangaje ko amakimirane hagati y’abahizi n’aborozi yahitanye abarenga 20 hakomereka abarenga 30 muri iki cyumweru, bituma abaturange...
Ikamyo yari itwaye abimukira yakoze impanuka muri Mexique hapfa abantu 54
Abantu 54 baguye mu mpanuka yabereye muri Mexique, ubwo ikamyo barimo yakoraga impanuka iteye ubwoba mu majyepfo y’iki gihugu.
Beni: Abantu 6 baguye mu gitero cy’abitwaje intwaro muri Mangina
Ku mugoroba w'ejo kuwa 08 Ukuboza, abantu bitwaje intwaro bishe abantu batandatu muri Komini Mangina, iri ku birometero 30 mu burasirazuba bw'umujyi...
Umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol yemeye ko ari umutinganyi
Ubwo yarimo asobanura impamvu y'indirimbo ye nshya 'Friday Feeling', Willis Austin Chimano uzwi nka Chimano yatangaje ko ari umutinganyi.